You are here

Amakuru

Umucamanza Vagn Joensen yongeye gutorerwa kuba Perezida mu nama rusangaye ya nyuma y’Abacamanza ba TPIR

Ku itariki ya 13 Gicurasi 2015, i La Haye mu Buholandi habereye inama rusange y’Abacamanza ya 25 y’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (TPIR). Iyo nama yitabiriwe n’Abacamanza ba TPIR basigaye bose uko ari icumi, abahagarariye Porokireri na Gerefiye, na bamwe mu bakozi bo mu Ngereko no mu Biro bya Gerefiye. Perezida wa TPIR Umucamanza Vagn Joensen yavuze ko... more

Imyaka 20 harwanywa umuco wo kudahana -TPIRitangije urubuga rwa interineti rugaragaza umurage wayo, na videwo nshya kuri TPIR

Screenshot from the movie
Kuri iyi sabukuru ya 20,Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda  rwishimiye kumenyesha abantu bose ko rutangije urubuga rwa interineti rukoresha indimi zinyuranye (multilingual legacy website) , rugaragaza umurage w’Urukiko. Urwo rubuga ruriho na videwo nshya ku Rukiko. Urwo rubuga rushya ni ubundi buryo bwo guterera ijisho ku mirimo y’Urukiko,... more

Ijambo rya Bwana Hassan B. Jallow Porokireri wa ICTR na MICT ryo ku munsi wo kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yabaye mu Rwanda

Muri iki cyumweru, u Rwanda n’amahanga baribuka itangizwa, hashize imyaka 20, ry’amwe mu marorerwa atagira urugero yagwiririye abantu mu mateka ya vuba aha y’isi. Mu gihe cy’iminsi 100 gusa, abashakashatsi bamwe bavuga ko miliyoni y’abantu badafite uruhare mu mirwano, abagabo n’abagore, abato n’abakuru bishwe muri jenoside yabaye mu Rwanda bazira ko ari abo mu bwoko bw’... more